RFL
Kigali


Imyidagaduro

Rihanna arayoboye: Abahanzikazi bahenze ku Isi mu 2024

Urutonde rw’abahanzikazi 5 bahenze ku Isi mu kubatumira mu birori bito n’ibinini muri uyu mwaka wa 2024, ruyobowe n'umuhanzikazi Rihanna uhagaze Miliyari 8 Frw, mu gihe rugaragaraho abandi basanzwe bafite amazina akomeye mu muziki.
9 hours ago | share










Imikino

AS Kigali yabwiye umujyi wa Kigali ko nta gikozwe ikipe ishobora gusenyuka

Binyuze mu ibaruwa ubuyobozi bw’ikipe ya AS Kigali bwamenyesheje umujyi wa Kigali ko nibatabaha amafaranga yo kwitabaza ikipe yabo ishobora gusenyuka.
1 hour ago | share




Iyobokamana



Utuntu n'utundi



Inyarwanda BACKGROUND